Ikipe y’igihugu ya Volley Ball yamaze gusezererwa na Misiri muri ¼ mu mikino y’igikombe cy’Afurika, ihita ibura amahirwe yo kuzitabira igikombe cy’isi.
Ikipe y’igihugu y’umukino w’intoki wa Volley Ball imaze gutsindwa na Algeria mu gikombe cy’Africa bituma izahura na Misiri ya mbere muri Africa.
Kuri uyu wa 1 Ukwakira 2017 ni bwo irushanwa rya Carre D’as risoza umwaka w’imikino muri Volley ball ryasojwe risiga na Rwanda Revenue Athority ari zo zegukanye igikombe.
Ikipe y’umukino w’intoki Volley ball ya Kirehe n’iya APR nizo zatsindiye kuzakina umukino wa nyuma mu bagabo mu irushanwa rya Crre D’as.
Ikipe y’igihugu ya Misiri y’abagabo niyo yegukanye igikombe cy’Afurika mu mukino w’intoki wa Volley ball y’abafite ubumuga mu gihe mu bagore igikombe cyegukanywe n’u Rwanda.
Ikipe z’u Rwanda (Abagabo n’abagore) z’abafite ubumuga zisoje imikino y’amatsinda zidatsinzwe mu gikombe cy’Afurika cya Sitting Volleyball
Kuri uyu wa Gatatu ni bwo hatangiye imikino y’igikombe cy’Afurika muri Volleyball ikinwa n’abafite ubumuga (2017 ParaVolley Africa Sitting Volleyball Championships).
Petit Seminaire Virgo Fidelis ikomeje kuba igicumbi cy’impano z’umukino wa Volleyball aho benshi mu bahanyuze bakomeje guteza imbere Siporo na Volleyball by’umwihariko mu Rwanda
Mu karere ka Huye na Gisagara habereye irushanwa Memorial Rutsindura muri Volleyball na Beach Volleyball ryegukanwa na REG mu bagabo na Rwanda Revenue mu bagore
Rwanda Revenue mu bagore na REG mu bagabo ni zo zegukanye irushanwa "Memorial Rutsindura" ryari rimaze iminsi ibiri ribera mu karere ka Huye na Gisagara
Umunsi wa mbere w’irushanwa ryo kwibuka Alphonse Rutsindura wihariwe n’ikipe ya APR Vc yageze ku mukino wa nyuma mu bagabo n’abagore
Irushanwa ngarukamwaka ritegurwa na Seminari Nto ya Karubanda (Petit Seminaire Virgo Fidelis) mu rwego rwo kwibuka Alphonse Rutsindura wahoze ari umutoza w’iki kigo bwa mbere rigiye kwitabirwa n’amakipe 35 .
Mu mujyi wa Huye na Gisagara hagiye kubera irushanwa ryo Kwibuka Alphonse Rutsindura wahoze ari umutoza wa Volleyball muri Petit Semianire Virgo Fidelis Karubanda, akaba yarazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki (Volleyball) mu Rwanda (FRVB riratangaza ko amakipe ya Ruhango VC na Gs St Aloys atakitabiriye irushanwa ryo kwibuka abakunzi, abakinnyi ndetse n’abayobozi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ministeri y’umuco na Siporo mu Rwanda iratangaza ko yashimishijwe n’ishema ikipe y’igihugu ya Beach Volley y’abakobwa yahesheje igihugu itwara igikombe cy’afurika
Mu irushanwa ryaberaga muri Mozambique, ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abakobwa yegukanye iki gikombe itsinze Maroc amaseti 2-1
Karekezi Leandre wari watsinzwe mu matora yo kuyobora ishyirahamwe ry’umukino wa Volley Ball mu Rwanda (FRVB) yabaye ku wa 4 Gashyantare 2017, aratangaza ko yongeye kwiyamamariza kuyobora iri shyirahamwe.
Ikipe ya APR Volleyball Club ihagarariye u Rwanda mu gikombe cy’Afurika cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bakobwa kiri kubera muri Tunisia, iraza guhatanira kuva ku mwanya wa 9 kugera kuri 12
Nkurunziza Gustave wari watorewe kongera kuyobora ishyirahamwe ry’umukino w’intoki Volley Ball yamaze kwandika asezera ku mirimo ye.
Mu rwunge rw’amashuri Indatwa n’Inkesha mu Karere ka Huye haraye hasojwe amarushanwa y’imikino ya Volleyball, yo kwibuka ku nshuro ya 7 Padiri Kayumba Emmanuel wahoze ayobora iri shuri.
Kuri uyu wa 09 Gashyantare 2017 nibwo hamenyekanye ko abakozi 2 mu ishyirahamwe ry’umupira w’intoki bafashwe na Police.
Nkurunziza Gustave wari usanzwe ayobora Ishyirahamwe ry’umukino wa Volley Ball mu Rwanda FRVB, yongeye gutorerwa uyu mwanya abona amajwi 18, ku majwi icyenda ya Karekezi Leandre bari bahanganye.
Karekezi Leandre wabaye umuyobozi w’akarere ka Gisagara yiyamamarije kuzayobora ishyirahamwe ry’mukino w’intoki wa Volley Ball (FRVB), aratangaza ko zimwe mu mpinduka yazana ari ukugeza uyu mukino mu cyaro.
Nkurunziza Gustave abona kuba Rayon Sports yaravuye muri SHampiona ari imwe mu mpamvu zatumye abafana batakitabira imikino ya Shampiona cyane
Perezida w’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda aratangaza ko u Rwanda ruri mu biganiro na Finland mu korohereza Abanyarwanda kuhakina
Imikino y’umunsi wa kane muri Shampiona ya Volleyball, isize IPRC y’Amajyepfo iyoboye urutonde, aho ikurikiwe na Gisagara iri gukina umwaka wa mbere muri Shampiona
Mu gikombe cy’Afurika cy’abatarengeje imyaka 23 muri Volleyball, u Rwanda kuri uyu wa Kane rurakina na Kenya itsinda ibone itike y’igikombe cy’isi.
Mu irushanwa ryo kwibuka Rutsindura Alphonse wahoze ari umutoza wa Volleyball muri Petit Séminaire Karubanda, Rwanda Revenue, UTB na GS Officiel de Butare ni zo zegukanye imyanya ya mbere
Mu irushanwa ryo kwibuka Rutsindura Alphonse wahoze ari umwarimu anatoza Volleyball muri Petit Seminaire ya Karubanda, abize muri icyo kigo bageze ku mukino wa nyuma uba kuri iki cyumweru
Nyuma y’iminsi amarushanwa yo Kwibuka Rutsindura wahoze akina akanatoza Volleyball, kuri uyu wa Gatandatu no ku cyumweru arasubukurwa i Huye