Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Siporo rusange (Amafoto)

Kuri iki cyumweru tariki 01 Ukuboza 2019 mu Mujyi wa Kigali habaye Siporo rusange izwi nka ‘Car Free Day’ aho ibinyabiziga biba byakumiriwe muri imwe mu mihanda kugira ngo yifashishwe n’abari muri siporo, bisanzuye.

Siporo rusange yakozwe kuri uyu munsi kandi yitabiriwe n’abatuye Umujyi wa Kigali hiyongeraho abitabiriye inama ppuzamahanga yiga ku cyorezo cya Sida n’Indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina muri Afurika (ICASA).

By’umwihariko, Madamu Jeannette Kagame na we ari mu bitabiriye Siporo rusange yo kuri iki cyumweru, ikaba yatangiriye kuri Stade Amahoro i Remera isorezwa ku kibuga cy’ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA).

Aya ni amwe mu mafoto yaranze iyo Siporo rusange:

Amafoto: Plaisir Muzogeye

Kugira ngo urebe andi mafoto menshi, kanda HANO

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka