Baryan Manvil yegukanye Rwanda Mountain Gorilla Rally 2017-Amafoto

Mu isiganwa ry’amamodoka ryari rimaze iminsi ibiri ribera mu Rwanda, Baryan Manvir yanikiye abandi aryegukana akoresheje 1h47’06

Ni isiganwa ryatangiye kuri uyu wa Gatanu aho ryahereye mu bice bya Rugende mu gitondo, nyuma ya Saa Sita rikinirwa kuri Stade Amahoro, kuri uyu wa Gatandatu riza gusorezwa mu karere ka Bugesera, maze Baryan Manvir wari unafite imodoka ihenze kurusha abandi aba ari we uryegukana.

Baryan Manvir yishimira umwanya wa mbere
Baryan Manvir yishimira umwanya wa mbere

Batanu baje ku myanya y’imbere

1.Baryan Manvir /Sturrock Drew –Skoda Fabia 1h47’06"
2.Giancarlo Davite/ Sylvia Vindevogel –Mitsubishi Evo 1h51’40”
3.Bukera Valery / Khetia Nital –Subaru Impreza 01h52’09”
4.Gomes Leroy / Gomes Urshlla-Mitsubishi Evo10 1h52’09”
5.Nizette Christophe/ Fabrice Semana-Subaru Impreza 1h55’02”

Uko byari byifashe i Nyamata no gutanga ibihembo

Ryari isiganwa rinogeye ijisho
Ryari isiganwa rinogeye ijisho
I Nyamata bakataga imodoka ivumbi rigatumuka
I Nyamata bakataga imodoka ivumbi rigatumuka

Amafoto: Muzogeye Plaisir

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka