Abatuye Kigali basusurukijwe n’isiganwa ry’utumodoka duto tutamenyerewe mu Rwanda (AMAFOTO)

I Kibagabaga mu mujyi wa Kigali habereye isiganwa ry’utumodoka duto rizwi nka Go-Kart Race, ryitabirwa n’abakuru ndetse n’abana

Ryari isiganwa ry’iminsi ibiri ryabereye i Kibagabaga ahazwi nka Pili Pili, ryabaye kuva ku wa Gatandatu aho abakinnyi bimenyerezaga utu tumodoka, naho isiganwa nyirizina riba kuri iki Cyumweru ryitabirwa n’abakinnyi babigize umwuga, ndetse n’abandi bakina byo kwishimisha.

Si ubwa mbere iri siganwa ribaye kuko hari n’irindi ryabereye kuri Kigali Convention Center, ubwo iri siganwa ryatangizwaga bwa mbere mu Rwanda, gusa iri siganwa ry’utumodoka duto rikaba ritaramenyekana mu Rwanda

Batatu ba mbere mu cyiciro cy’abakuru

1. Francois Combes
2. Clement Soyer
3. Giancarlo Davite

Batatu ba mbere mu batarengeje imyaka 18

1. Tamara Gebbers
2. Raphael Gebbers
3. Achille Moyer

Amafoto yaranze iri siganwa

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka