Yoga mu byaranze imyitozo y’Amavubi yitegura Zimbabwe na Afurika y’Epfo (Amafoto)

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “AMAVUBI” ikomeje imyitozo yo gutegura imikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi

Guhera kuri uyu wa Mbere tariki 08/11/2023 ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yatangiye imyitozo, iyobowe n’umutoza mushya, kugeza ubu ikaba iri gukorwa gusa n’abakinnyi bakina mu Rwanda.

Mu myitozo yo kuri uyu Kabiri, abakinnyi bakoze imyitozo izwi nka YOGA, Siporo ifasha kwitekerezaho no kuruhuka mu mutwe, ndetse banakora imyitozo isanzwe ku mupira.

Amavubi yakoze imyitozo yo kongera imbaraga ndetse n'iya Yoga
Amavubi yakoze imyitozo yo kongera imbaraga ndetse n’iya Yoga
Abakinnyi bakoze imyitozo izwi nka YOGA, Siporo ifasha kwitekerezaho no kuruhuka mu mutwe
Abakinnyi bakoze imyitozo izwi nka YOGA, Siporo ifasha kwitekerezaho no kuruhuka mu mutwe

U Rwanda ruzakina na Zimbambwe tariki ya 15 Ugushyingo na Afurika y’Epfo tariki ya 21 Ugushyingo mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera mu bihugu bitatu ari byo Canada, Mexique na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Bakomeje imyitozo ibera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo (Kigali Pele Stadium)
Bakomeje imyitozo ibera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo (Kigali Pele Stadium)

Urutonde rw’abakinnyi 30 bahamagawe:

Abanyezamu:

Ntwari Fiacre (TS Galaxy, Afurika y’Epfo)
Nzayurwanda Jimmy Djihad (Kiyovu Sports)
Muhawenayo Gad (Musanze FC)

Ba myugariro:

Omborenga Fitina (APR FC)
Serumogo Ali (Rayon Sports)
Imanishimwe Emmanuel (FAR Rabat, Marc)
Ishimwe Christian (APR FC)
Mutsinzi Ange (FK Jerv, Norvège)
Rwatubyaye Abdul (Rayon Sports)
Niyomugabo Jean Claude (APR FC)
Manzi Thierry (Al Ahli Tripoli, Libya)
Niyigena Clément (APR FC)
Mitima Isaac (Rayon Sports)

Abakina Hagati

Bizimana Djihad (Kryvbas FC, Ukraine)
Mugiraneza Frodouard (Kiyovu Sports)
Hakim Sahabo (Standard de Liège)
Muhire Kevin (Rayon Sports)
Byiringiro Lague (Sandvikens IF, Suède)
Ruboneka Jean Bosco (APR FC)
Iradukunda Elie Tatou (Mukura VS)
Niyonzima Olivier (Kiyovu Sports)

Ba rutahizamu

Mugenzi Bienvenu (Police FC)
Sibomana Patrick (Gor Mahia)
Mugisha Didier (Police FC)
Nshuti Innocent (APR FC)
Mugunga Yves (Kiyovu Sports)
Mugisha Gilbert (APR FC)
Gitego Arthur (Marines FC)
Rafael York (Gegle IF, Norvège)
Kwitonda Alain (APR FC)

Andi mafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa Kabiri

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Amavubi
Tuyirinyuma,

ARKA yanditse ku itariki ya: 8-11-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka