Nk’uko ibinyamakuru bitandukanye byo muri Kenya na Tanzania bikomeje kubyandika, umutoza Casa Mbungo Andre nyuma yo gufasha ikipe ya AFc Leopards kuva mu makipe ashobora kumanuka, ari kwifuzwa cyane na Singida United yo muri Tanzania.
Iyi kipe kandi igiye yaba ibashije kwegukana Casa Mbungo, bivugwa ko yahita anajyanayo na myugariro Kayumba Soter uhagaze neza mu ikipe ya AFC Leopards ndetse n’umutoza wungirije w’iyi kipe Anthony Kimani
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
ariko inkuru ntabwo irambuye, iyo agiye kuvamo ubu ihagaze ite?, mwavuze ko yarigiye kumanuka, yayigiyemo irikumwanya wakangahe ibu irikuwuhe? inkuru yanyu ninto cyane