Umutoza Andre Casa Mbungo na myugariro w’Umunyarwanda barifuzwa na Singida United

Nyuma y’amezi atandatu atoza ikipe ya AFC Leopards, Casa Mbungo Andre ubu ari kwifuzwa cyane na Singida United yo muri Tanzania

Nk’uko ibinyamakuru bitandukanye byo muri Kenya na Tanzania bikomeje kubyandika, umutoza Casa Mbungo Andre nyuma yo gufasha ikipe ya AFc Leopards kuva mu makipe ashobora kumanuka, ari kwifuzwa cyane na Singida United yo muri Tanzania.

Casa Mbungo arifuzwa cyane na Singida United
Casa Mbungo arifuzwa cyane na Singida United
Kayumba Soter nawe uhagaze neza muri AFC Leopards arifuzwa cyane muri Singida United
Kayumba Soter nawe uhagaze neza muri AFC Leopards arifuzwa cyane muri Singida United

Iyi kipe kandi igiye yaba ibashije kwegukana Casa Mbungo, bivugwa ko yahita anajyanayo na myugariro Kayumba Soter uhagaze neza mu ikipe ya AFC Leopards ndetse n’umutoza wungirije w’iyi kipe Anthony Kimani

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

ariko inkuru ntabwo irambuye, iyo agiye kuvamo ubu ihagaze ite?, mwavuze ko yarigiye kumanuka, yayigiyemo irikumwanya wakangahe ibu irikuwuhe? inkuru yanyu ninto cyane

cyuma yanditse ku itariki ya: 6-05-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka