Haringingo Francis yagizwe umutoza wa Bugesera FC

Umutoza Haringingo Francis ukomoka ni we wagizwe umutoza wa Bugesera FC, akaba yasimbuye Eric Nshimiyimana waraye utandukanye n’iyi kipe

Kuri uyu wa Kabiri tariki 14/11/2023 ni bwo ikipe ya Bugesera yatangaje ko ku bwumvikane bw’impande zombi, yatandukanye na Eric Nshimiyimana wari umutoza wayo.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, ikipe ya Bugesera FC yatangaje ko yamaze gusinyisha Haringingo Francis Christian nk’umutoza mukuru mushya, akazaba yungirijwe na Nduwimana Pablo bahoze bakorana muri Rayon Sports

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka