Warren Zaïre-Emery ukinira Paris Saint-Germain ari mu Rwanda

Umukinnyi ukiri muto wa Paris Saint-Germain Warren Zaïre-Emery yageze mu Rwanda aho aje muri gahunda ya Visit Rwanda.

Ahagana saa yine za mu gitondo ni ubwo uyu mukinnyi w’imyaka 17 yari ageze mu Rwanda, aho aje muri gahunda y’amasezerano y’u Rwanda n’ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa.

Warren Zaïre-Emery ubu watangiye no guhamagarwa mu ikipe nkuru y’u Bufaransa, yazamukipe mu makipe y’abakiri bato y’u Bufaransa ndetse na Paris Saint-Germain arimo kuva mu mwaka wa 2014.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka