Mugiraneza Jean Baptiste bwa mbere agiye kubanza mu kibuga

Nyuma yo gusinya imyaka ibiri mu ikipe ya Azam Fc,Mugiraneza Jean Baptiste "Migy" arabanza mu kibuga ku nshuro ye ya mbere nyuma y’aho umukino ubanza wa CECAFA Kagame Cup yari yabanje ku ntebe y’abasimbura

Mu mukino uza guhuza ikipe ya Azam Fc yo muri Tanzania ndetse n’ikipe ya Malakia,umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste werekeje muri iyi kipe avuye muri APR Fc,nibwo bwa mbere aza guhabwa amahirwe yo kubanza mu kibuga.

Mugiraneza Jean Baptsite yakinnye igice cya kabiri mu mukino wa mbere
Mugiraneza Jean Baptsite yakinnye igice cya kabiri mu mukino wa mbere
Yari yabanje ku ntebe y'abasimbura
Yari yabanje ku ntebe y’abasimbura

Abakinnyi baza kubanzamo

1.Manula Aishi salum
2.Shomari Kapombe
3.Kamagi Gadiel
4.Agrey Morris
5.Pascal wawa
6.Kheri Abdallah
7.Jean Mugiraneza
8.Domayo Franky
9.Salum Aboubakar
10. John bocco
11.Ammy Ali

Abasimbura

1.Mwadini Ali
2.Kipre Cheche
3.Mkami Himid Mao
4.Shah Farid MUssa
5.Erasto Nyoni
6.Morald Said Hussein
7.Abbas Mudathir Yahya.

Uyu mukino uza gutangira Saa cyenda zo mu Rwanda,uraza kuba ubera rimwe n’umukino wa APR Fc ubwo iri buze kuba ikina na Heegan yo muri Somalia.

Sammy IMANISHIMWE

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

NDUMUKUNZI WA APR YIHANGANEGU TSINDWA BIBAHO

pasifique yanditse ku itariki ya: 28-07-2015  →  Musubize

Ndumukunzi wa Gikundiro ariko APR nyifurije kubona insinzi ikarya kunote za Muzehe wacu.

claude yanditse ku itariki ya: 21-07-2015  →  Musubize

Ndumukunzi wa Gikundiro ariko APR nyifurije kubona insinzi ikarya kunote za Muzehe wacu.

claude yanditse ku itariki ya: 21-07-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka