Mu mafoto: Uko byari byifashe APR Fc itsinda Rayon Sports
Ikipe ya APR Fc yatsinze Rayon Sports mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro, ihita inayikura ku mwanya wa mbere yari imazeho iminsi
Mu mukino usanzwe ufatwa nk’uwa mbere mu kurebwa n’abantu benshi bitewe no guhangana kw’amakipe yombi, APR Fc yihereranye Rayon Sports yari yaje mu modoka zo mu bwoko bwa V8, igitego kimwe ku busa cyatsinzwe ku munota wa 23 na Issa Bigirimana.
Ni uku byari byifashe .....
Amafoto: Muzogeye Plaisir
Ibitekerezo
( 9 )
NDISHIMIRA INSHINZI KURI BUGESERA APR FC OYY........
RUKUNDO EMMANUEL yanditse ku itariki ya: 10-10-2019 → Musubize
NDISHIMIRA INSHINZI KURI BUGESERA APR FC OYY........
NJYEWE MBONA TUDATSINZE BUGESERA IGIKOMBE TWABA TUKIBUZE MURAKOZE
kbx apr ni ubukombe peee ndumva reyon itagaragara mukibuga mutahe kbx
erega abareyo babyinnye mbere yumuziki iyo badutsinda ntitwari kubakira2.ariko deribi nkizi ziba zikenew2
Hhhhhhhhhhhhhh birashekeje kuza muri V8 warangiza ugatsindwa aringe nataha namaguru pe.
gusa ndishimye kuba APR yacu yarabikoze.
njye mbona mumyaka irimbere a p r izaba imeze nk’amakipe yo kumugabane wuburayi nka rivapour cyangwa chersea nandi menshi
njye ndabona amakipe yo murwanda ntacyo arusha a p r fc gusa nyine nukujya twitondera amakipe mato nk’isonga musanze nandi menshi
icyo nasaba abafana nuko twajya dufana mpaka umukino urangiye
umukunzi wa a p r fc fanta tonic gerard
abarafanabaREOSPORT turihanganye.
Erega aba rayon bari bakicaye muri V8 bashiduka Bigirimana ababwira ati muri mu kibuga mureke dukine.nukuvuga ngo kwisumbukuruza bakaza muri V8 ntibibabereye tubamenyereye muri KBS, IMana ishimwe ntitwari kubakira weeeeeeee amagambo yashize ivuga kbsa batureke twibyinire .gusa iji gisebe bazagikira batinze
Habonetse nka makipe 5 mu giugu bitabira gutyo umukino wa maguru watera imbere mu gihugu FERWAFA niko ibishoboka iteze umukino wa maguru imbere shramo amafaranga muri shampiona yu mupira wa maguru byogere ingufu andi makipe .