Mozambique ije gukina n’Amavubi yageze mu Rwanda

Ku i Saa Saba z’amanywa ni bwo ikipe y’igihugu ya Mozambique yari igeze mu Rwanda aho ije gukina umukino n’u Rwanda uzaba kuri uyu wa Gatandatu

Bayobowe n’umutoza wayo Abel Xavier wahoze akina mu makipe nka Liverpool ndetse n’ikipe y’ikipe y’igihugu ya Portugal, ikipe y’igihugu ya Mozambique yamaze kugera mu Rwanda, aho bazakina umukino wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika kizaba umwaka utaha, umukino uzabera kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu

Abakinnyi bahamagawe

Abanyezamu: José Guirrugo and Antonio Pinto.

Abakina inyuma: John Mazive, Stirring, Abdula Ghavango Zainadine, Palmirim David Baúque Clésio, Hendry Duwe, Gabriel Dove Edmilson, Zainadine Abdula Chavango, Ronny Marcos.

Abo hagati: Loló (Estrela Vermelha), Eduardo Jumisse, Simon Dominguez, Gildo Hermenegildo Mutambe, Witiness Quembo, Arlindo Alexandre Mayunda, Jair Sebastião.

Abakina imbere: James Pondamale Nelito, Reginaldo ArturFaife, Luis Miquissone and Apson Manjate Sonito.

Amafoto y’iyi kipe ubwo bageraga i Kanombe

Ubwo abakinnyi bageraga i Kanombe barangajwe imbere na Abel Xavier, umutoza mukuru w'iyi kipe
Ubwo abakinnyi bageraga i Kanombe barangajwe imbere na Abel Xavier, umutoza mukuru w’iyi kipe
Burira imodoka yabajyanye aho bagomba kubanza kuruhukira
Burira imodoka yabajyanye aho bagomba kubanza kuruhukira
Abel Xavier umutoza wa Mozambique
Abel Xavier umutoza wa Mozambique
Bamwe mu bakinnyi ba Mozambique
Bamwe mu bakinnyi ba Mozambique
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Welcome mozambique

Jean de LA croix yanditse ku itariki ya: 2-06-2016  →  Musubize

Welcome Mozambique football team, the match will be 2goals for Rwanda and 0 for Mozambique.

Jean de LA croix yanditse ku itariki ya: 2-06-2016  →  Musubize

Ewana muzambike karubu murwi imisozi igihumbi iracyeye kbsa arko ndabona match izaba doro kbsa.

Elisan mucyo yanditse ku itariki ya: 2-06-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka