Antoine Hey watozaga Amavubi yemejwe na Syria ko azayitoza umwaka umwe

Nyuma y’iminsi byari bimaze bivugwa, ubu umutoza Antoine Hey yamaze kwemezwa nk’umutoza wa Syria mu gihe cy’umwaka umwe

Salah Ramadan uyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Syria yatangaje ko Antoine Hey bamaze kumvikana ko agomba kuyibera umutoza mu gihe cy’umwaka umwe atoza ikipe cy’igihugu ya Syria.

Antoine Hey ubu agiye gutoza igihugu cya Syria
Antoine Hey ubu agiye gutoza igihugu cya Syria

Antoine Hey uheruka gutangaza ko yatandukanye n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda "Amavubi", hari hagitegerejwe ko Komite ya nyobozi ya Ferwafa iterana ikaba yasuzuma ubusabe bw’uyu mutoza bwo kwegura kwa Antoine Hey.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ubu football yo ku defanda nti ki gezweho,la meilleur defance c’est l’attaque...uriya ntabwo yari ashoboye.nibaza impamvu badaha icyizere abanyarwanda baga toza national team....bariya bazungu bari kudu subiza inyuma

Arsene yanditse ku itariki ya: 10-02-2018  →  Musubize

mwirukanye umutoza uzi kudefanda gusa ubwose undi muzamukuraheke udefanda iminoto90yose

kamari yanditse ku itariki ya: 28-01-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka