Amavubi y’abagore anyagiwe na Ghana ibitego 7-0 (AMAFOTO)

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagore yanyagiwe na Ghana mu mukino ubanza wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika, umukino wabereye i Kigali

ku munota wa 53, Kusi Alice yatsindiye Ghana igitego cya kane, Evelyn Badu atsinda icya gatanu ku munota wa 64, naho Anasthesia Achiaa atsinda icya gatandatu, naho icya karindwi gitsindwa na Anasthesia Achiaa .

Biteganyijwe ko u Rwanda ruhaguruka mu Rwanda tariki 24 berekeza muri Ghana aho bazakinira umukino wo kwishyura tariki 26/09/2023.

Abakinnyi babanje mu kibuga ku mpande zombi:

U Rwanda:

Ndakimana Angeline, Uzayisenga Lydia, Mukahirwa, Maniraguha Louise, Manizabayo Florence, Nibagirwe Libelée, Mukeshimana Dorothée, Uwase Andersène, Nibagwire Sifa Gloria (c), Usanase Zawadi na Kayitesi Alodie.

Ghana:

Konlan Cynthia, Findib Janet, Egyir Jennifer, Cudjoe Doris Boaduwaa, Princela Adubea, Anasthesia Achiaa, Evelyn Badu, Justice Tweneboaa, Partia Boakye, Kusi Alice na Grace Acheampong.

AMAFOTO: Niyonzima Moïse

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka