Isinzi y’abafana ba DR Congo yaje gushyigikira ikipe yabo

Imodoka za Coasters zirenga 30 zambutse umupaka uhuza u Rwanda na Congo wa Rubavu zirimo Abakongomani baje gushyigikira ikipe yabo Leopards, mu mukino uri buyihuze n’iy’u Rwanda Amavubi.

Abaje mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Mutarama 2016, baje basanga abandi baharaye n’abari basanzwe baba mu Rwanda.

Bose bazanywe no kureba umupira uhuza amakipe y’ibihugu byombi mu irushanwa rya CHAN ku gicamunsi cy’uyu wa gatandatu ku isaha y’isaa Cyenda.

Dore amwe mu mafoto agaragaza uko babukereye:

Abafana b’Amavubi nabo bageze kuri Stade kare

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 7 )

byiza cyane ikipe ya degoal yavuyemo cent pour cent derriere les leopard

jules yanditse ku itariki ya: 1-02-2016  →  Musubize

byiza cyane ikipe ya degoal yavuyemo cent pour cent derriere les leopard

jules yanditse ku itariki ya: 1-02-2016  →  Musubize

Hariko ko mbana abantu bacecetse ra! Ubu se insina ngufi hagati ya DRCongo na Rwanda ni ihe? Hariko tugomba kwemera ko abanyeCongo bazi umupira pe. Les Leopards oye. Abanyarwanda bose nda basaba ko tu komeza tu ka shigikira noneho benewacu ba banyeCongo.

Paulo yanditse ku itariki ya: 30-01-2016  →  Musubize

Amavubi Ntakundi

abd.g yanditse ku itariki ya: 30-01-2016  →  Musubize

AMAVUBI TUYARINYUMA INSINZI OYEEE

HABARUREMA yanditse ku itariki ya: 30-01-2016  →  Musubize

abashaka kuwubuna live nimurebe https://www.youtube.com/watch?v=usHPSlMwg9U

nkundurwanda yanditse ku itariki ya: 30-01-2016  →  Musubize

Harya bavuga isinzi cg intsinzi?

Bido yanditse ku itariki ya: 30-01-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka