Ikipe ya APR Fc nyuma yo kugera Ku munsi ubanziriza uwa nyuma iri Ku mwanya wa mbere ndetse yaranamaze kwegukana igikombe bidasubirwaho,yaje guhabwa igikombe nyuma y’umukino wayihuje n’Isonga Kuri Stade Amahoro.
Iki gikombe cya 15 ikipe ya APR FC yagishyikirijwe na Minisitiri w’umuco na Siporo Madamu Uwacu Julienne kuri Stade Amahoro nyuma yo kunganya n’ISONGA Fc ibitego bibiri kuri bibiri (2-2)
Mu gihe hasigaye umukino umwe ngo shampiona irangire,ikipe ya APR Fc ikaba ihawe igikombe ifite amanota 52 aho irusha ikipe ya AS Kigali ya kabiri amanota 6.
Amwe mu mafoto yaranze umunsi wo gutanga igikombe
Sammy IMANISHIMWE
Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Harya ya team yitwaga Intare iracyabaho? Mwambwira ibikombe imaze gutwara?
Harya ya team yitwaga Intare iracyabaho? Mwambwira ibikombe imaze gutwara?
byose nubuyobozi bwiza.Turabashigikiye .Bugesera yabikoze
Banyarda banyarda kzi, bakunzi ba #A_P_R _F.C(Gitinyiro.com yacu) nimuhaguruke mumpere amashyi aba basore nyarwanda! uburero tugiye guhatana nizo muri East Africa saasaa!
APR FC tukurinyuma!!komeza wubake amateka