Zimbabwe itsinzwe na Mali ihita isezererwa muri CHAN

Nyuma yo gutsindwa igitego 1-0 na Mali,Zimbabwe ikurikiye Angola mu makipe amaze gusezerwa mu matsinda mu mikino ya CHAN

Ku mukino wa kabiri mu itsinda rya kane ririmo Uganda,Mali,Zambia na ZImabwe.Ku i Saa Cyenda nibwo umukino wa mbere wari utangiye,ukino wahuzaga Mali yari yanganyije umukino wa mbere na Uganda ibitego 2-2,ndetse na Zimbabwe yari yatsinzwe umukino wa mbere na Zambia igitego 1-0.

Mali igeze ku mukino wa nyuma itsinze Côte d'Ivoire
Mali igeze ku mukino wa nyuma itsinze Côte d’Ivoire
Zimbabwe yabanje mu kibuga
Zimbabwe yabanje mu kibuga
Mbere y'umukino
Mbere y’umukino
Mali yishimira igitego gisezereye Zimbabwe
Mali yishimira igitego gisezereye Zimbabwe
Mali ntiyoroheye Zimbabwe
Mali ntiyoroheye Zimbabwe
Zimbabwe isoje imikino ibiri nta nota na rimwe
Zimbabwe isoje imikino ibiri nta nota na rimwe

Uyu mukino waje gusiga ikipe ya Zimbabwe isezerewe mu matsinda n’ubwo igifite undi mukino izakina,ni nyuma yo kutabsgha kubona inota narimwe mu mikino ibiri,aho isoje umukino wa kabiri itsinzwe na Mali igitego 1-0,igtego cyatsinzwe ku munota wa 82 na M. Sissoko .

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka