Ku mukino wa kabiri mu itsinda rya kane ririmo Uganda,Mali,Zambia na ZImabwe.Ku i Saa Cyenda nibwo umukino wa mbere wari utangiye,ukino wahuzaga Mali yari yanganyije umukino wa mbere na Uganda ibitego 2-2,ndetse na Zimbabwe yari yatsinzwe umukino wa mbere na Zambia igitego 1-0.
Uyu mukino waje gusiga ikipe ya Zimbabwe isezerewe mu matsinda n’ubwo igifite undi mukino izakina,ni nyuma yo kutabsgha kubona inota narimwe mu mikino ibiri,aho isoje umukino wa kabiri itsinzwe na Mali igitego 1-0,igtego cyatsinzwe ku munota wa 82 na M. Sissoko .
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|