Wari uzi ko Etame Mayer Lauren wahoze akinira Arsenal avukana n’Abana 21

Etame Mayer Lauren utegerejwe mu ruzinduko mu Rwanda ku munsi w’Ejo, Aho yoherejwe na Arsenal mu gikorwa cyo Kwita Izina , ni umwe mu babaye muri ruhago bafite ubuzima bwihariye aho avukana n’Abana 21.

Etame Mayer Lauren utegerejwe mu ruzinduko mu Rwanda
Etame Mayer Lauren utegerejwe mu ruzinduko mu Rwanda

KT Radio muri gahunda y’Umusportif w’Icyumweru itambuka buri wa kabiri mu kiganiro cyayo cy’Imikino KT Sports,yabateguriye icyegeranyo kibagezaho byinshi ku buzima bwa Etame Mayer Lauren uzasura uRwanda kuri uyu wa gatatu.

Ibindi ku buzima bw’Uyu mugabo wahoze akina ruhago kurikira iki cyegeranyo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka