Waba uzi inkomoko y’inyito Brazil yahawe umujyi wa Rubavu muri ruhago? (IKIGANIRO)

Umujyi wa Rubavu uherereye mu Burengerazuba bw’u Rwanda ni agace abakurikirana ruhago bahaye inyito ya Brazil y’u Rwanda.

Ese inkomoko y’iyi nyito yakomotse he?

Iyumvire icyegeranyo kirambuye umunyamakuru wa KT Radio yakoze acukumbura inkomoko y’iyo nyito yahawe ako gace.

Amwe mu mafoto agaragaza bamwe mu bakinnyi bakomoka mu mujyi wa Rubavu.

Junior ya Gisenyi itwara igikombe cya Shampiyona mu bana muri 2001. Hari harimo Haruna (uriho akamenyetso usutamye) na Kodo (uriho akamenyetso uhagaze)
Junior ya Gisenyi itwara igikombe cya Shampiyona mu bana muri 2001. Hari harimo Haruna (uriho akamenyetso usutamye) na Kodo (uriho akamenyetso uhagaze)
Ifoto igaragaza Tuyisenge ari umwana (uriho akamenyetso, upfukamye)
Ifoto igaragaza Tuyisenge ari umwana (uriho akamenyetso, upfukamye)
Aha ni muri 2008, Haruna ari mu mwaka wa nyuma muri Etincelles
Aha ni muri 2008, Haruna ari mu mwaka wa nyuma muri Etincelles
Bizimana Asumani se wa Djihad Bizimana
Bizimana Asumani se wa Djihad Bizimana
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ahubwo se ise wa Djihadi ntavuye muri Marine vubaha

paty yanditse ku itariki ya: 18-02-2017  →  Musubize

nanje ndabakurikira cyane murakoze

isaac yanditse ku itariki ya: 17-02-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka