Imikino Football Waba uzi inkomoko y’inyito Brazil yahawe umujyi wa Rubavu muri ruhago? (IKIGANIRO) Yanditswe na Nsengumukiza Prudence 17-02-2017 - 17:03' | Ibitekerezo ( 2 ) Umujyi wa Rubavu uherereye mu Burengerazuba bw’u Rwanda ni agace abakurikirana ruhago bahaye inyito ya Brazil y’u Rwanda. Ese inkomoko y’iyi nyito yakomotse he? Iyumvire icyegeranyo kirambuye umunyamakuru wa KT Radio yakoze acukumbura inkomoko y’iyo nyito yahawe ako gace. Amwe mu mafoto agaragaza bamwe mu bakinnyi bakomoka mu mujyi wa Rubavu. Junior ya Gisenyi itwara igikombe cya Shampiyona mu bana muri 2001. Hari harimo Haruna (uriho akamenyetso usutamye) na Kodo (uriho akamenyetso uhagaze) Ifoto igaragaza Tuyisenge ari umwana (uriho akamenyetso, upfukamye) Aha ni muri 2008, Haruna ari mu mwaka wa nyuma muri Etincelles Bizimana Asumani se wa Djihad Bizimana MENYA UMWANDITSI Reba inkuru zose nanditse ( 218 ) Ibitekerezo ( 2 ) Ahubwo se ise wa Djihadi ntavuye muri Marine vubaha paty yanditse ku itariki ya: 18-02-2017 → Musubize Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye. Izina (ni ngombwa) Email (ni ngombwa) Igitekerezo cyanyu Please leave this field empty: Please leave this field empty: nanje ndabakurikira cyane murakoze isaac yanditse ku itariki ya: 17-02-2017 → Musubize Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye. Izina (ni ngombwa) Email (ni ngombwa) Igitekerezo cyanyu Please leave this field empty: Please leave this field empty: Ohereza igitekerezo Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye. Izina (ni ngombwa) Email (ni ngombwa) Igitekerezo cyanyu Please leave this field empty: Please leave this field empty:
Ahubwo se ise wa Djihadi ntavuye muri Marine vubaha
nanje ndabakurikira cyane murakoze