Video: Sadate yahishuye icyamugoye muri Rayon Sports. Uko ihererekanyabubasha ryagenze

Ku wa Kane tariki 24/08/2020 ku cyicaro cy’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyiborere (RGB), habereye umuhango w’ihererakanyabubasha hagati ya Komite ya Munyakazi Sadate ndetse na Komite y’inzibacyuho iyobowe na Murenzi Abdallah.

Murenzi Abdallah wahawe kuyobora inzibacyuho mu minsi 30, yatangaje ko bifuza kongera kugarura Rayon Sports iha ibyishimo abafana, asaba abafana gushyira hamwe bagafatanya kubaka ikipe.

Munyakazi Sadate yahishuye kimwe mu byatumye atagera ku nshingano ze, harimo no kuba atarabashije guhuriza abafana hamwe ngo abasobanurire umurongo we.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka