Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryafashe icyemezo cyo guhana umusifuzi Hakizimana Ambroise ku makosa yakoze ubwo APR Fc yatsindaga AS Kigali ku mukino w’umunsi wa 3 wa Shampiyona.
Uwo musifuzi yakomeje kuvugwa cyane ko igitego cya kabiri cyahesheje APR intsinzi hari habayemo kurarira, ariko uyu musifuzi wasifuraga ku ruhande ntasifure iryo kosa ryari ryakozwe na Twambazimana Martin Fabrice watsinze icyo gitego.
Igitego cyateje impaka, abatoza ba AS Kigali ntibabyishimira (Amafoto)
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Ambroise ni arbiter mubi.nabonye match asifura zose ndumirwa.
twamenye ibanga apritsindisha gusa ferwafa igire icyo ihindur