Ni amasezerano y’imyaka ine, bivuze ko azageza mu mwaka wa 2024.
Ibikubiye mu masezerano:
1. Amasezerano azamara imyaka ine
2. APR Fc izajya yambara imyenda iriho ibirango bya Azam
3. Uruganda rwa Azam ruzajya rwamamaza ku mikino APR FC yakiriye
4. Azam izagenera ikipe ya APR FC miliyoni 228 Rwf mu gihe kingana n’imyaka ine
Ku ruhande rw’ikipe ya APR FC yari ihagarariwe na Visi Perezida wayo Major General Mubarak Muganga yavuze ko bishimiye gusinya amasezerano n’uru ruganda kandi ari intangiriro y’ibindi bikorwa by’ubucuruzi muri iyi ikipe.
Umuyobozi wa Bakhresa Grain Milling Rwanda Ltd, Munir Bakhresa yavuze ko bahisemo gukorana na APR FC kugira ngo bakomeze ibikorwa batangaga muri Siporo y’u Rwanda.
Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
APR FC ibuze igikombe igihe sarupongo na urumwengu baba bagarutse muri reyor siport kbs
Ikipe yacu turayishyigikiye kandi tugomba gutwara ikombe cya championa
TARANSIFERI.ZOMURAPER.YACU
Twebwe abakunzi ba APR AFC twishimiye ayo masezerano APR AFC ya giranye na AZAM TV