Umuyobozi wa Siporo muri Minisiteri ya Siporo yasezeye

Umuyobozi wa siporo w’agateganyo muri Minisiteri ya Siporo Rurangayire Guy Didier yamaze gusezera kuri uwo mwanya

Rurangayire Guy Didier usanzwe ari Umuyobozi wa Siporo w’agateganyo akaba n’umuyobozi ushinzwe amakipe y’igihugu muri MINISPORTS yamaze kwandika ibaruwa asezera ku kazi ke, aho kugeza ubu hataramenyekana impamvu yatumye asezera.

Rurangayire Guy Didier yasezeye ku mirimo ye
Rurangayire Guy Didier yasezeye ku mirimo ye
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Barakoze Abayobozi Bakuru bemeye ubwegure bwe,Kuva yagera muri sport yasenye Association za sport mu nyungu ze,aho PS Shema aziye,bihumira Ku murari.Murakoze Bayobozi

Baptist Rurinda yanditse ku itariki ya: 10-12-2021  →  Musubize

Ntababeshye siporo yacu ifite ikibazo peee gusa sinzi niba mubanyarwanda twese harabuze umuntu wayobora siporo neza uko abanyarwanda tubyifuza simbizi rwose

Ntambara Emmanuel yanditse ku itariki ya: 8-12-2021  →  Musubize

Ntababeshye siporo yacu ifite ikibazo peee gusa sinzi niba mubanyarwanda twese harabuze umuntu wayobora siporo neza uko abanyarwanda tubyifuza simbizi rwose

Ntambara Emmanuel yanditse ku itariki ya: 8-12-2021  →  Musubize

Simpamyako yibwirije haruwamubwiye kko ntago wacira inyama nuburyohe bwayo hatari ugukanze ingoto gusa byaribikwiye urebye ahumupira wacu ugeze

Mizero yanditse ku itariki ya: 8-12-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka