Umutoza w’Amavubi yatangaje abakinnyi n’abatoza bazakorana mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika

Umutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “AMAVUBI” yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi bazifashishwa mu mikino ya Mozambique na Senegal

Ikiganiro n'itangazamakuru cyo gutangaza abakinnyi b'Amavubi
Ikiganiro n’itangazamakuru cyo gutangaza abakinnyi b’Amavubi

Kuri uyu wa Gatanu umutoza Carlos Alos Ferrera yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru, aho yanatangarijemo urutonde rw’abakinnyi bazifashishwa mu mikino ibiri yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika, aho u Rwanda ruzakina na Mozambique ndetse na Senegal mu kwezi gutaha.

Ni urutonde benshi bari biteze ko hasobora kugaragara amasura mashya y’abakinnyi bakina hanze y’u Rwanda, gusa si ko byagenze n’ubundi hahamagawe abakinnyi basanzwe bamenyerewe mu ikipe y’igihugu.

Mu batoza bandi batangajwe bazakorana na Carlos ALos Ferrer, harimo Yves Rwasamanzi usanzwe utoza ikipe ya Marine FC, Mugabo Alexis nk’umutoza w’abanyezamu, Mwambari Serge uzaba ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi n’abandi bafite inshingano.

Urutonde rw’abakinnyi bahamagawe

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

uwomutozanakore ibyoyasabwe natabikora atahe kwanyina

RUKANYANGIRA yanditse ku itariki ya: 29-05-2022  →  Musubize

NIBYO yakoze ariko harabakinnyi atahamagaye nka NZARORA Marcel na NGWABIJE BRAYAN

MANRAKIZA JEAN BoscoI yanditse ku itariki ya: 23-05-2022  →  Musubize

Tubaje kubasuhuza.
Twebwe nkabanyarwanda Icyo ndushaka nibyishimo mubanyarwanda umutoza atwereke icyo ashoboye nitubura ibyishimo atahe kuko amafaranga ahebwa nimisoro yabanyarwanda ahembwa kuko icyipe yigihugi yaratubabaje bihagije.

Murakoze cyane

Alexis yanditse ku itariki ya: 20-05-2022  →  Musubize

Aboba kinyi nibyope
Arko dukeneye new cam
Bashoboye bakina no hanze yigihugu hamwe nabimbere mugihugu namara gamutima nibwo tuzaba twu atse ikipe

[email protected] yanditse ku itariki ya: 20-05-2022  →  Musubize

Abakinnyi bakina hanze bashya bimeze bite ko batabahamagaye?

Tumwebaze John Bosco yanditse ku itariki ya: 20-05-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka