Umunyarwanda w’imyaka 18 ari kubica mu Bubiligi (Video)

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukibyiruka uzwi ku izina rya Wandege ari kwitwara neza mu cyiciro cya Gatatu cya Shampiyona yo mu Bubiligi.

Wandege ategerejweho byinshi mu minsi iza
Wandege ategerejweho byinshi mu minsi iza

Uyu musore w’imyaka 18 yazamukiye mu ikipe y’abakiri bato ya Mukura Victory Sports mbere yo kwerekeza mu Bubiligi.

Kapiteni w’iyi kipe Labasse Olivier yemeza ko ari umusore ufite impano bategerejeho byinshi mu minsi iri imbere.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 7 )

nibyiza cyane bantubajye kumva umuntu wumunyarwa kubayajya kumwanya wambere

niyobungiro patrick yanditse ku itariki ya: 26-12-2021  →  Musubize

Nakomereze ahonatwe
turamushyigicyiyepe!

hamad yanditse ku itariki ya: 5-04-2020  →  Musubize

Uyumukinyi ni sawa pe aratuma Urwanda tumenyekana courage pe Imana imushoboze Ku mpanoye

Bucyensenge Aphrodis yanditse ku itariki ya: 2-01-2020  →  Musubize

kbx umunyarwandanda n’uwigira nakomereze aho agaragaze uwo ariwe

BIZIYAREMYE EMMANUEL yanditse ku itariki ya: 7-11-2019  →  Musubize

ndimashami vensa ntahitampu hamagara kbx 2

tumwine alexici yanditse ku itariki ya: 30-09-2019  →  Musubize

uwo mukinnyi ararenze kbs ahubwo njyewe nkurikije
ubuhangabwe ndu mutoza wa mavubi nahita muhamagara vubavuba

trump olivier messi yanditse ku itariki ya: 16-10-2018  →  Musubize

uwo mukinnyikbs nakomereze aho

egide umufasha kapoela yanditse ku itariki ya: 13-09-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka