Umunyamabanga mukuru wa Ferwafa Uwayezu Francois Regis yeguye

Uwari Umunyamabanga mukuru wa Ferwafa Uwayezu Francois Regis, yamaze kwegura ku mirimo ye

Uwayezu Francois Regis wari Umunyamabanga mukuru wa Ferwafa
Uwayezu Francois Regis wari Umunyamabanga mukuru wa Ferwafa

Uwayezu Francois Regis yeguye kuri iki Cyumweru nyuma yo gusezera abakozi bakoranaga muri Ferwafa, aho mu ibaruwa yanditse yatangaje ko yeguye ku mpamvu ze bwite

Uwayezu Francois Regis yari amaze imyaka itatu ari Umunyamabanga mukuru wa Ferwafa, aho yemejwe kuri uyu mwanya muri Gicurasi 2018.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka