Umukino wa Rayon Sports na Marines wimuriwe kuri Stade Amahoro

Umukino wa nyuma wa Shampiyona uzahuza Rayon Sports na Marines wagombaga kubera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, wimuriwe kuri Stade Amahoro i Remera

Ni umukino w’umunsi wa 30 wa Shampiyona, ari nawo ikipe ya Rayon Sports izahabwaho igikombe cya Shampiyona yamaze kwegukana.

Rayon Sports iheruka kwegukana igikombe i Kirehe, izagishyikirizwa ku mukino wa Marines
Rayon Sports iheruka kwegukana igikombe i Kirehe, izagishyikirizwa ku mukino wa Marines

Uyu mukino wagombaga kubera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, ariko Rayon Sports yaje gusaba Stade Amahoro ibinyujije kuri Ferwafa, iza kuyihabwa na MINISPOC.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ikigaragara ruriya rutonde ntago ruzarangira mu kuri kwarwo bitewe n’uko Federation tuyizi ubu igiye guhimba uburyo izamanutse zimwe zagarurwa.

gtr yanditse ku itariki ya: 31-05-2019  →  Musubize

Nibyo FERWAFA imbere ya MINISPOC iburizwamo. Ziriya ni inyungu z’igihugu ntabwo ari iza associations.

mbonyi yanditse ku itariki ya: 30-05-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka