Umukinnyi wa Arsenal David Luiz asesekaye i Kigali (Amafoto)

David Luiz ukinira ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza asesekaye ku kibuga mpuzamahanga cy’indege i Kanombe mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 10 Ukwakira 2019 aho aje mu bikorwa by’ubukerarugendo.

David Luiz aje mu bikorwa bitandukanye by’umupira w’amaguru no guteza imbere ubukerarugendo kugeza ku cyumweru.

Ibyo bikorwa ndetse n’urugendo rwe mu Rwanda bifitanye isano na gahunda ya Visit Rwanda mu bufatanye bwa RDB na Arsenal.

Amafoto: Richard Kwizera

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

nibyiza ni ikaze murw’imisoz 1000

Chris yanditse ku itariki ya: 11-10-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka