U Rwanda rwongeye gutakaza indi myanya 10 ku rutonde rwa FIFA

Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA u Rwanda mu mupira w’amaguru rwongeye kwisanga ku mwanya mubi rutaherukaga kuba 2013, aho ubu rubarizwa ku mwanya wa 108

Mu mwaka wa 2013, mu mupira w’amaguru u Rwanda rwabarizwaga ku mwanya wa 133, mu gihe muri 2012 rwari ku mwanya wa 134 ari nayo myanya mibi u Rwanda rwaherukaga ku rutonde rwa FIFA, ubu rwongeye gutakaza imyanya nyuma y’aho mu kwezi gushize rwari ku mwanya wa 118, ibi bikaba ahanini biterwa no kuba nta mikino ya gicuti na mpuzamahanga ruheruka gukina

Amavubi akomeje gutakaza imyanya ku rutonde rwa FIFA
Amavubi akomeje gutakaza imyanya ku rutonde rwa FIFA

Amakipe 10 ya mbere ku Isi

1 Brazil
2 Argentina
3 Germany
4 Chile
5 Colombia
6 France
7 Belgium
8 Portugal
9 Switzerland
10 Spain

Ibihugu 10 bya mbere muri Afurika

20 Egypt
27 Senegal
32 Cameroon
38 Nigeria
39 Congo DR
41 Tunisia
41 Burkina Faso
47 Côte d’Ivoire
49 Ghana
53 Algeria

Ibindi bihugu bifite aho bihuriye n’u Rwanda

56 Morocco (Izakina n’Amavubi kuri uyu wa Gatanu no ku Cyumweru)
71 Uganda
74 Kenya
125 Ethiopia
128 Rwanda
129 Central African Republic (Izakina n’Amavubi mu Cyumweru gitaha)
139 Tanzania
148 Burundi
195 Djibouti
206 Eritrea
206 Somalia (Ni iya nyuma ku isi)

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

aha gus turakomerew umutoz nagir icyakor

IRANZI ethane yanditse ku itariki ya: 1-06-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka