U Rwanda rwasubiye inyuma ho imyanya itatu ku rutonde rwa FIFA

Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA rugaragaza uko amakipe akurikirana, ubu u Rwanda rurabarizwa ku mwanya wa 116 ruvuye ku 113

Kuri uyu wa kane ni bwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi "FIFA" ryashyize hanze uko amakipe akurikirana mu kwezi kwa Mutarama, aho u Rwanda rwasubiye inyuma ho imyanya itatu.

Amavubi aheruka kuviramo mu majonjora muri CECAFA yasubiye inyuma imyanya itatu
Amavubi aheruka kuviramo mu majonjora muri CECAFA yasubiye inyuma imyanya itatu

Amakipe icumi ya mbere ku isi

1 Ubudage
2 Brazil
3 Portugal
4 Argentina
5 Ububiligi
6 Spain
7 Poland
8 Ubusuwisi
9 Ubufaransa
10 Chile

Abadage ubu nibo bayoboye isi muri ruhago
Abadage ubu nibo bayoboye isi muri ruhago

Ibihugu 10 bya mbere muri Afurika

23 Tunisia
24 Senegal
30 Egypt
39 Morocco
43 Congo DR
44 Burkina Faso
45 Cameroon
50 Ghana
51 Nigeria
57 Algeria

Ibindi bihugu byo mu karere

73 Uganda
105 Kenya
116 Rwanda
124 Sudan
137 Ethiopia
143 Burundi
146 Tanzania
153 South Sudan

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka