Mu minsi ishize mu Rwanda byavuzwe ko ikipe ya APR Fc igiye kuzana abakinnyi bane barimo Jacques Tuyisenge na Mugiraneza Jean Baptiste, ndetse biza no gutangarizwa abafana ba APR Fc ubwo iyo kipe yahuraga n’abafana bayo.
Kuri uyu mugoroba byaje gutungurana ubwo ikipe ya Gor Mahia yatangazaga ko yamaze kongera amasezerano y’uwo mukinnyi wabafashije kwegukana Shampiyona y’uyu mwaka.
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Jacq arabaduteje
rwose,igikombe,gifite,nyiracyo,akariro gakerero!!
ntakibazo nubwo agiye tuzazana nabandi barahari kandi nawe twamwifuriza ibihe byiza muri Kenya kandi agakomeza guteza imbere urwego rwe kujyirango amavubi nayo abone umwataka mwiza.
UBwo hasigaye abaveterands nibo bazazana.
UBwo hasigaye abaverand nibo bazazana.
Ariko nkubu kuki yatubeshye kandi yari azi ko azongera amasezerano? Genda nubwo utubeshye ntibizatubuza gutwara igikombe.