Sunrise yasinyishije umunyezamu wahoze muri Bugesera FC

Ikipe y’Akarere ka Nyagatare ya Sunrise FC yasinyishije umunyezamu Turatsinze Dieudonné ku wa Gatanu tariki ya 28 Mutarama 2022.

Turatsinze Dieudonné
Turatsinze Dieudonné

Umunyamabanga w’ikipe ya Sunrise, Kahangwa Frank, yemeje aya makuru, avuga ko yabasinyiye kubakinira imikino yo kwishyura ya shampiyona.

Turatsinze Dieudonné yahoze ari umunyezamu wa Bugesera FC ariko ubu nta kipe yari afite.

Sunrise isoje imikino y’icyiciro cya kabiri idatsinzwe umukino n’umwe kuko yatsinze icyenda (9) inganya ibiri (2).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka