Seninga wasezeye muri Police FC amaze gusinya muri Musanze FC

Seninga Innocent uherutse kwirukanwa ku mwanya w’umutoza mukuru w’Ikipe ya Police FC, amaze gusinya amasezerano n’ikipe ya Musanze FC.

Seninga ashyira umukono ku masezerano yo gutoza ikipe ya Musanze
Seninga ashyira umukono ku masezerano yo gutoza ikipe ya Musanze

Aya masezerano yasinyiwe mu Karere ka Musanze ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Gicurasi 2018.

Seninga Innocent yari yirukanywe muri Police mu kwezi gushize azira umusaruro muke, akaba yari yirukananwe na mugenzi we wari umwungirije.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka