Rwabugiri Umar yasimbuye Kimenyi Yves mu Mavubi

Umunyezamu Rwabugiri Umar ufatira APR FC yasimbuye Kimenyi Yves wavunikiye mu myitozo y’Amavubi

Mu gihe habura iminsi mike ngo ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi akine na Mozambique mu gushaka itike ya CAN, umunyezamu Kimenyi Yves yavunikiye mu myitozo.

Nyuma yo kuvunika, yanyujijwe mu cyuma (MRI) ngo harebwe uko imvune ye imeze, aza guhita asimbuzwa umunyezamu Rwabugiri Umar wa APR FC.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka