Robertinho utoza Rayon sports yahanganye na Maradona mu kibuga atoza n’Igihangange Romario
Roberto Oliviera Goncalves (Robertinho) utoza ikipe ya Rayon Sports ni umugabo ufite amateka akomeye atari azwi na benshi. Nyuma yo kwitwara neza mu mezi 4 amaze mu Rwanda, KT Radio, Radio ya Kigali Today yaramusuye bagirana ikiganiro aho yahishuyemo amakuru menshi benshi batari bazi ku buzima bwe .
Iyumvire ikiganiro kirambuye KT RADIO yagiranye na we
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Ariko ndumva bavuga ko we na Caleb bashakwa na Tout puissant Mazembe.Twese turamwemera as a football technician and a good coach.Gusa nk’umukristu,ndamwibutsa ko ataheranwa n’ibyisi gusa,ahubwo agashaka n’imana kugirango azabone ubuzima bw’iteka.
Yeyeyeyeyeye!!!!!!!!!,ndemeye pe kandi nibyagaciro
kugira umutoza nkuyu ufite ibigwi wabiciye bigacika.
Ndibwira ko ibyo yakoze aribyo azatugeza ho nk’abakunzi
ba Rayon sport by’umwihariko nk’abanyarwanda muri rusange.