Robertinho utoza Rayon sports yahanganye na Maradona mu kibuga atoza n’Igihangange Romario

Roberto Oliviera Goncalves (Robertinho) utoza ikipe ya Rayon Sports ni umugabo ufite amateka akomeye atari azwi na benshi. Nyuma yo kwitwara neza mu mezi 4 amaze mu Rwanda, KT Radio, Radio ya Kigali Today yaramusuye bagirana ikiganiro aho yahishuyemo amakuru menshi benshi batari bazi ku buzima bwe .

Robertinho yabaye umukinnyi ukomeye mu Ikipe y'Igihugu ya Brazil
Robertinho yabaye umukinnyi ukomeye mu Ikipe y’Igihugu ya Brazil

Iyumvire ikiganiro kirambuye KT RADIO yagiranye na we

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ariko ndumva bavuga ko we na Caleb bashakwa na Tout puissant Mazembe.Twese turamwemera as a football technician and a good coach.Gusa nk’umukristu,ndamwibutsa ko ataheranwa n’ibyisi gusa,ahubwo agashaka n’imana kugirango azabone ubuzima bw’iteka.

Mahame yanditse ku itariki ya: 4-10-2018  →  Musubize

Yeyeyeyeyeye!!!!!!!!!,ndemeye pe kandi nibyagaciro
kugira umutoza nkuyu ufite ibigwi wabiciye bigacika.
Ndibwira ko ibyo yakoze aribyo azatugeza ho nk’abakunzi
ba Rayon sport by’umwihariko nk’abanyarwanda muri rusange.

Francois Bizy yanditse ku itariki ya: 3-10-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka