Rayon Sports yamuritse umwambaro izambara inaha abakinnyi numero-AMAFOTO
Muri Petit Stade I Remera, rayon Sports yaraye ikoze ibirori byo kumurika umwambaro mushya ndetse inaha abakinnyi numero bazajya Bambara
Ni umuhango watangiye ku I Saa Moya z’umugoroba, aho wari witabiriwe n’abafana benshi bari buzuye Petit Stade, by’umwihariko ababumbiye mu matsinda y’abafana atandukanye.
Muri ibi birori, umuhango nyamukuru kwari ukumurika umwambaro mushya iyi kipe izajya yambara mu mwaka w’imikino utaha, aho uri mu bwoko butatu burimo uwo bazajya Bambara ku mikino bakiriye, uwo bazambara bakiniye hanze, ndetse n’umwambaro wa gatatu uzajya wifashishwa igihe habayeho guhura n’ikipe bahuje amabara.
Amafoto y’uko byari bimeze
Ibitekerezo
( 1 )
Rayon sport turayikunda kdi turashimira nabayobozi bayo gahunda barigutangiza zo guha abakinnyi bacu morare ndabona aba Rayon bafite gahunda nkiziburayi
bakomereze aho tubarinyuma
nsabimana daniel yanditse ku itariki ya: 28-10-2018 → Musubize
Rayon sport turayikunda kdi turashimira nabayobozi bayo gahunda barigutangiza zo guha abakinnyi bacu morare ndabona aba Rayon bafite gahunda nkiziburayi
bakomereze aho tubarinyuma