Rayon Sports yakiranywe urugwiro n’abanyarwanda benshi batuye i Maputo-Amafoto

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusesekara i Maputo, aho yasanze abafana amagana batuye i Maputo bayitegereje

Ku i Saa Saba n’iminota 25 nibwo indege ya Ethiopian yari isesekaye ku kibuga cy’indege i Maputo, aho yari itwaye Rayon Sports igiye gukina umukino wo kwishyura wa CAF Confederation Cup, umukino uteganyijwe kuri uyu wa Gatatu guhera i Saa moya z’ijoro.

Mu mafoto, ni gutya Rayon Sports yakiriwe i Maputo

Abakinnyi 18 Rayon Sports ijyana muri Mozambique:

Abanyezamu :

Ndayishimiye Eric Bakame
Ndayisenga Kassim

Ba myugariro :

Faustin Usengimana
Mutsinzi Ange
Mugabo Gabriel
Nyandwi Saddam
Eric Rutanga
Manzi Thierry

Abakina hagati :

Kevin Muhire
Niyonzima Olivier Sefu
Yannick Mukunzi
Mugisha Francois

Ba rutahizamu:

Yassin Mugume
Shassir Nahimana
Djabel Manishimwe
Shaban Hussein Tchabalala
Ismaila Diarra
Christ Mbondi

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 7 )

UDAKUNDA RAYON SPORT,KERETSE AYUMVA GUSA NTAHO YAYIBONYE!NJYE NIYO NDOTA NISANGA NDI KUMWE NABO MUKIBUGA.

BERNARD yanditse ku itariki ya: 20-04-2018  →  Musubize

Ndi umu APR ariko Rayonsport niyabanyarwandatwese tuyirinyuma kd tuyifurije insinzi%

muvaravarens yanditse ku itariki ya: 17-04-2018  →  Musubize

Uziko mbonye n’ijuru ry’i Maputo ari blue branch!

Best wishes to our Gikundiro! hopefully, as we led haters to winning CECAFA, we will light and lead them the way to the CAF groups.

Eugène yanditse ku itariki ya: 16-04-2018  →  Musubize

Tubifurije kugarukana intsinzi,ni shema ryacu nk’abanyarwanda!

elias yanditse ku itariki ya: 16-04-2018  →  Musubize

byiza cyane
ntimukibagirwe iwanyu n’ ibyanyu
natwe abakiri mu Rwanda turabashimira !

Gahamanyi Mulindwa yanditse ku itariki ya: 16-04-2018  →  Musubize

Icyipe y’abanyarwanda kabisa. Twishimiye uburyo abanyarwanda baba muri mozambique bitanze bakaza kwakira ikipe. Bituma ikipe igira morale. Mukomeze muyibe inyuma izatsinde. Ayo mateka turayakeneye.

Habimana yanditse ku itariki ya: 16-04-2018  →  Musubize

nkunda rayonsport fc, kandi nizeye yuko izabikora igakomeza mumatsinda.

moses yanditse ku itariki ya: 16-04-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka