Rayon Sports yahagaritse umutoza Masudi Djuma

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza ko yahagaritse umutoza Masudi Djuma imushinja umusaruro muke

Nyuma yo gutsindwa imikino ikomeye irimo uwa APR FC na Kiyovu Sports, ikipe ya Rayon Sports yamaze guhagarika umutoza wayo Masudi Djuma.

Ibinyujijwe ku rubuga rwa twitter, ikipe ya Rayon Soorts yatangaje ko yamaze gufata umwanzuro wo guhagarika umutoza Masudi Djuma aho ivuga ko impamvu nyamukuru ari umusaruro muke.

Nk’uko ikipe ya Rayon Sports yabitangaje, uyu mutoza yahagaritswe by’agateganyo aho agiye kuba asimbuwe na Lomami Marcel usanzwe ari umutoza wungirije

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

bikenewe yaturishaga mutima gusa

junior faustin yanditse ku itariki ya: 10-12-2021  →  Musubize

ariko se ko ubuyobozi bwa rayon sport bwihuse gufata icyemezo,

Gisagara Augustin yanditse ku itariki ya: 8-12-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka