Nyuma yo gutsindwa imikino ikomeye irimo uwa APR FC na Kiyovu Sports, ikipe ya Rayon Sports yamaze guhagarika umutoza wayo Masudi Djuma.
Ibinyujijwe ku rubuga rwa twitter, ikipe ya Rayon Soorts yatangaje ko yamaze gufata umwanzuro wo guhagarika umutoza Masudi Djuma aho ivuga ko impamvu nyamukuru ari umusaruro muke.
Nk’uko ikipe ya Rayon Sports yabitangaje, uyu mutoza yahagaritswe by’agateganyo aho agiye kuba asimbuwe na Lomami Marcel usanzwe ari umutoza wungirije
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
bikenewe yaturishaga mutima gusa
ariko se ko ubuyobozi bwa rayon sport bwihuse gufata icyemezo,