Kuri uyu wa mbere nibwo Rayon Sports yamaze kugezwaho imodoka izajya iyitwara, iyi modoka ikaba ifite imyanya 53, biteganyijwe ko iyo bus iza gushyirwaho ibirango by’ikipe ndetse n’abafatanyabikorwa bayo.
Ni imodoka izishyurwa binyuze no mu baterankunga
Nk’uko twabitangarijwe na Visi Perezida wa Rayon Sports, iyi modoka ifite agaciro ka Milioni 100, Rayon Sports ikazahita yishyura Milioni 16, Radiant igatanga Milioni 36, andi Milioni 50 akazishyurwa mu gihe cy’umwaka.
Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
Nibyiza cyane ko Equipe nka Rayon yiha Agaciro igura Bus nziza nkiyo
Ariko ukurikije plaques yayo yambaye RAD..M, imaze Umwaka wose igenda hano mu Rwanda, so ntabwo ari nshya
Rayon sport weee mwagiye mureka kwiyemera iyo modoka ya onatracom yashaje niyo murikwiharango mwaguze imodoka nshya mwagenze n’amaguru ko ntamuntu uzabaseka ko aribyo mwatumenyereje mureke APR ibayobore ese nigira ikibazo muzakurahe ubushobozi bwokuyikoresha?.
Uko yaba imeze kose biramaze ariko twayigondeye. Ngaho mbwira indi kipe yiguriye bus ikayishyiraho ibirango byayo!? Wayikuura he?
Turashimira ubuyobozi kabisa ningombwa guha agaciro eqwipe nabayobozi ubwabo Ni sawa cyane oorayans umukunzi wa rayon’s sports
aka kantu ikibe yakoze ni keza
Ooh, Imana ihabwe icyubahiro! Iyo in intambwe Hindi nziza Rayon Sport ikipe yacu iteye! Nugukomeza tukesa imihigo. Abayobozi hakoze kigabo,
Ooohhhh, Rayon komeza utsinde
Icyubahiro n’Ik’Imana. Nk’abakunzi ba rayon sport turabyishimiye.