Kuri uyu wa mbere nibwo Rayon Sports yamaze kugezwaho imodoka izajya iyitwara, iyi modoka ikaba ifite imyanya 53, biteganyijwe ko iyo bus iza gushyirwaho ibirango by’ikipe ndetse n’abafatanyabikorwa bayo.
Ni imodoka izishyurwa binyuze no mu baterankunga
Nk’uko twabitangarijwe na Visi Perezida wa Rayon Sports, iyi modoka ifite agaciro ka Milioni 100, Rayon Sports ikazahita yishyura Milioni 16, Radiant igatanga Milioni 36, andi Milioni 50 akazishyurwa mu gihe cy’umwaka.
Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
oye rayon uruwambere murwanda hose situzagutenguha rayon
oye rayon uruwambere murwanda hose situzagutenguha rayon
rayonsports ikipe kunzwe murirusanjye,ntayindi ikipe inezeza abafana bayo nkiyikipe,ohhhh rayon urikumutima
Imana irakoze cyane ntituzongera gukodesha pe.ubukode buraryana.
Nkunda reyon sports byambere.
Ariko hagati aho mumfashije mwanyihera akazi ko kuyitwara.category yayo ndayifite D1.murakoze cyane.
oyeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeegikundiro wanditse amateka agaragarira bose iyo modoka nkatwe nkabafana turayishimye cyane muzaza muyizamo kukibuga muhadusange bonne travail
oooohhh,gikundirowe,ubayecyubahiro,iyini,bus,kabisa,abarayon,twishimye,izakurura,abafana,kuri,stade.
rayosport kbs n’ikomereze aho ikomeze kugira ubushongore nubukaka murwanda ndatse nohanze aba fans bayo tuyirinyuma.
Nanjye nkumukunzi wa rayon sport nishimiye igikorwa mukoze nitetambere muri équipe yacyu nimukomere imana ikomeze ibane namwe tubabwira ko nubwo turi mumahanga tubari inyuma ibihe byose rayon sport oyeeeeeeee?
Ariko Rayon sport murakabya iyi bus bakoresha Muri Matanda Express(Kigali-Rusumo) yarabananiye kubera gushyuha sana barayiparika ngo none mwaguze bus nshya
Ariko Rayon sport murakabya iyi bus bakoresha Muri Matanda Express(Kigali-Rusumo) yarabananiye kubera gushyuha sana barayiparika ngo none mwaguze bus nshya
Birashimishije cyane, iminsi izageta tugire na stade yacu
Nibyiza cyane ko Equipe nka Rayon yiha Agaciro igura Bus nziza nkiyo
Ariko ukurikije plaques yayo yambaye RAD..M, imaze Umwaka wose igenda hano mu Rwanda, so ntabwo ari nshya