Rayon Sports na Musanze, APR FC na Kiyovu ku munsi wa mbere usubukura shampiyona

Ferwafa yatangaje ingengabihe nshya ya Shampiyona igomba gusubukurwa kuri uyu wa Gatandatu, aho umukino utegerejwe uzahuza Kiyovu Sports na APR FC

Nk’uko twabigarutseho mu nkuru zacu zabanje, shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru irasubukurwa kuri uyu wa Gatandatu tariki 15/02/2022 hakinwa imikino kuva ku munsi wa 12 wa shampiyona.

Kiyovu Sports izakira APR F ku Cyumweru
Kiyovu Sports izakira APR F ku Cyumweru

Mu mikino itegerejwe kuri uyu wa Gatandatu harimo umukino uzahuza ikipe ya Rayon Sports na Musanze Fc , mu gihe ku Cyumweru umukino utegerejwe na benshi uzahuza Kiyovu Sports na APR FC.

Ingengabihe nshya ya Shampiyona

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka