Rayon Sports imaze gusinyisha undi rutahizamu (AMAFOTO)

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha rutahizamu witwa Bannen Philippe Arthur ukomoka muri Cameroun

Uyu mukinnyi ukomoka muri Cameroun wakinaga muri Union sportive de Douala yo mu cyiciro cya mbere muri Cameroun, bivugwa ko ashobora gukina aca ku mpande, yamaze gusinyira Rayon Sports amasezerano yo kuyikinira mu gihe cy’imyaka ibiri.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka