Papy Fatty wakiniye APR FC n’u Burundi yitabye Imana

Umukinnyi ukomoka i Burundi Papy Fatty wakinaga mu ikipe ya Malanti Chiefs Fc yo muri Eswatini yaguye mu kibuga ari gukina ahita apfa.

Papy Fatty wigeze gukinira APR FC, ubu akaba ari umwe mu bakinnyi bahesheje itike ikipe y’igihugu y’u Burundi yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika, yitabye Imana kuri uyu wa Kane.

Papy Fatty ubwo yishimiraga ko igihugu cye kibonye itike ya CAN
Papy Fatty ubwo yishimiraga ko igihugu cye kibonye itike ya CAN

Papy Fatty wigeze guhagarika umupira kubera indwara y’umutima nyuma akaza gukomorerwa akongera gukina, yikubise hasi ubwo yari ari gukinira ikipe ye mu gihugu cya Eswatini.

Papy Fatty yanakiniye APR FC
Papy Fatty yanakiniye APR FC
Papy Fatty ni umwe mu bafashije APR Fc kwegukana igikombe cya Shampiyona 2012
Papy Fatty ni umwe mu bafashije APR Fc kwegukana igikombe cya Shampiyona 2012
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

DUSHAKA KO MUTWEREKA IMIKINO

BENI yanditse ku itariki ya: 26-04-2019  →  Musubize

twihatanyije nuburundi mukababaro nibihangane

MANIRIHO ERI yanditse ku itariki ya: 26-04-2019  →  Musubize

RIP ndugu Papy.C’est le chemin de toute la terre.Niyo twese tujya.Tujye duhora twiteguye,dukora ibyo imana ishaka kandi twirinda kwibera mu gushaka ibyisi gusa,ahubwo tubifatanye no gushaka imana cyane,kugirango izatuzure ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yabisezeranyije abantu bashaka imana bagihumeka.

hitimana yanditse ku itariki ya: 26-04-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka