Nshuti wakiniraga APR Fc yasinye muri Stade Tunisien

Nshuti Innocent w’imyaka 20 wakiniraga APR Fc, yasinye imyaka itatu muri Stade Tunisien yo muri Tunisia.

Nk’uko byatangajwe n’urubuga rwa interineti rw’iyi kipe, uyu mukinnyi yamaze guhabwa amasezerano yo gukina muri iyi kipe imyaka itatu.

Yamaze guhabwa umwambaro w'ikipe
Yamaze guhabwa umwambaro w’ikipe

Nshuti Innocent ujya unahamagarwa mu ikipe y’igihugu Amavubi, abaye umukinnyi wa kabiri wa APR Fc usinye mu ikipe yo hanze y’u Rwanda muri uyu mwaka, nyuma ya Bizimana Djihad werekeje muri Beveren yo mu Bubiligi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ngo nshuti utajya uhamagarwa mu mavubi? Muri CHAN yariyajyanye n’iyihe équipe ? Bonne chance Innocent, Imana izakujye imbere.

Lambert yanditse ku itariki ya: 20-07-2018  →  Musubize

ujye usoma neza muvandimwe.

Theos yanditse ku itariki ya: 23-07-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka