Ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama y’inteko rusange idasanzwe yabereye i Shyorongi.
Ndayishimiye Eric Bakame, ahagaritswe nyuma y’aho yari yashinjwe kugambanira ikipe ya Rayon Sports, gusa nyuma yari yakomorewe ndetse anakina umukino APR yatsinzemo Rayon Sports ibitego 2-1.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
NONESE BAKAME YAGIYEMUYIHEKIPE? ESE YATASHIWABO??