Myugariro wa Arsenal David Luiz ategerejwe mu Rwanda kuri uyu wa Kane

David Luiz ukinira ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza ategerejwe mu Rwanda kuri uyu wa kane aho aje mu bikorwa by’ubukerarugendo

Nk’uko ushinzwe itumanaho muri Arsenal yabitangarije BBC, David Luiz Moreira Marinho, myugariro w’ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza aragera mu Rwanda kuri uyu wa kane tariki 10 Ukwakira 2019.

Biteganyijwe ko David Luiz azaba aje mu bikorwa bitandukanye by’umupira w’amaguru no guteza imbere ubukerarugendo kugeza ku cyumweru, bikaba bifitanye isano na gahunda ya Visit Rwanda mu bufatanye bwa RDB na Arsenal.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka