Mukura yasinyishije Biramahire na Sibomana Patrick

Ikipe ya Mukura yamaze gusinyisha abakinnyi babiri bakinaga hanze y’u Rwanda ari bo Sibomana Patrick na Biramahire Abeddy

Biramahire Abeddy yasinyiye Mukura VS
Biramahire Abeddy yasinyiye Mukura VS
Sibomana Patrick wavugwaga muri Kiyovu nawe yerekeje i Huye
Sibomana Patrick wavugwaga muri Kiyovu nawe yerekeje i Huye

Ni nyuma y’iminsi bivugwa ko Sibomana Patrick yamaze kwerekeza muri Kiyovu Sports, naho Biramahire Abeddy we akerekeza muri AS Kigali.

Sibomana Patrick yerekeje muri Mukura VS
Sibomana Patrick yerekeje muri Mukura VS

Kuri uyu wa mbere ni bwo iyi kipe ya Mukura yahise isinyisha aba bakinnyi babiri, mu rwego rwo gukomeza ubusatirizi bwayo.

Biramahire Abeddy nawe yagiye muri Mukura
Biramahire Abeddy nawe yagiye muri Mukura

Sibomana Patrick agiye muri Mukura nyuma yo gutandukana na Shakhtyor Soligorsk yo muri Bielorussie, naho Biramahire Abeddy we akaba yari yaratandukanye na CS Sfaxien yo muri Tunisia

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka