Muhire Kevin yatangiye imyitozo muri Rayon Sports (AMAFOTO)

Umukinnyi Muhire Kevin wari umaze iminsi aganira n’ikipe ya Rayon Sports ngo abe yakongera kuyisinyira andi masezerano, yamaze gutangira imyitozo hamwe n’abandi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ku kibuga cy’imyitozo cyo mu Nzove, umukinnyi Muhire Kevin wari wararangije amasezerano, yongeye kugaragara mu myitozo y’iyi kipe aho bivugwa ko yamaze kumvikana na Rayon Sports kuyisinyira amasezerano mashya.

Muhire Kevin mu myitozo yo kuri uyu wa Kabiri
Muhire Kevin mu myitozo yo kuri uyu wa Kabiri
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Nabona itatwincisha inyota noneh

BAYAVUGE BUGOBA yanditse ku itariki ya: 4-10-2021  →  Musubize

gikundira turikubona irikubikora ikibazo dufite ni abadefanseur

umwizawase jean pierre yanditse ku itariki ya: 29-09-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka