Muhire Kevin yasinye andi masezerano muri Rayon Sports

Umukinnyi Muhire Kevin wari umaze iminsi yifuzwa na Rayon Sports, yamaze kuyisinyira nk’uko iyi kipe yabyemeje

Ikipe ya Rayon Sports imaze gutangaza ko yasinyishije Muhire Kevin uheruka kuyikoramo imyitozo mbere y’uko yerekeza mu Mavubi yateguraga imikino ibiri ya Uganda.

Muhire Kevin mu mwaka ushize w’imikino yari yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’amezi abiri, akaba yari yaranayikiniye imyaka ine mbere yo kwerekeza mu Misiri

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka