Ibi biza byibasiye intara eshatu arizo u Burengerazuba, Amajyepfo ndetse n’Amajyaruguru aho kugeza ubu hamaze kubarurwa abantu 127 bitabye Imana.
Aba bantu bahitanywe n’ibiza, ni bo bazirikanwe mbere y’uko umusifuzi Ruzindana Nsolo atangiza umukino w’igikombe cy’Amahoro wahuje Rayon Sports yatsinze Police FC ibitego 3-2 hafatwa umunota umwe wo kubibuka no kubaha icyubahiro.
Iyi mvura yateje ibi biza yaguye mu ijoro rya tariki 2 rishyira tariki3 Gicurasi 2023.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Turabihanganishije imana ibakire mubayo