MU MAFOTO: Abakinnyi, abatoza n’abandi benshi bitabiriye ibirori by’isabukuru y’umukunzi wa Sarpong
Umunya-Ghana Michael Sarpong kugeza ubu udafite ikipe, yakoze ibirori byo kwizihiza isabukuru y’umukunzi we bivugwa ko bari hafi kurushinga
Kuri iki cyumweru, rutahizamu Michael Sarpong wahoze akinira Rayon Sports, yakoze ibirori byo kwizihiza isabukuru y’umukunzi we witwa Djazilla, uyu bikaba bivugwa ko bazarushingana mu minsi ya vuba.
Ni amafoto yakomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, hagaragaramo bamwe mu bakinnyi bahoze bakinana na Michael Sarpong muri Rayon Sports nka Kimenyi Yves, Rugwiro Hervé, Mugisha Gilbert, Eric Irambona, ndetse n’umutoza mushya wa Kiyovu Sports Karekezi Olivier.
Ibitekerezo
( 3 )
Ark na Covid ihari kuko ndabona n social distance irimo habe nagapfuka munwa
Alias yanditse ku itariki ya: 21-08-2020 → Musubize
Ariko njyewe hari ikintu ntajya nsobanukirwa rwose nk’ubu aba bari mu Rwanda? iyo inzego z’ubuyobozi zirirwa zitekereza zabuze igisubizo kuri Corona yiyongera buri munsi baba babyumva birababaje pe.Rwanda National Police turayisabye mu kazi katoroshye ifite yongeremo n’aka k’abantu birirwa bifotoza bameze gutya niba bahana uwatashye nyuma ya saa tatu ubu abantu nk’aba bakwiye ibihe bihano koko?Birakabije birababaje
Rwema yanditse ku itariki ya: 18-08-2020 → Musubize
Iyi si yacu irarwaye kabisa.Ni umukunzi we,cyangwa ni umukobwa biryamanira gusa??? Abitwa ko “bari mu rukundo” muli iki gihe,ejo wumva batandukanye.Ibyo se nirwo rukundo Imana idusaba?Igituma iyi si yacu yuzuyemo ibibazo,nuko abantu bakuba na zero amategeko Imana yaduhaye.Nkuko ijambo ryayo rivuga,ntabwo dushobora kugira amahoro igihe cyose dukomeza kwica amategeko yayo.Reba intambara,ubusambanyi,divorces,amanyanga,ruswa,…byuzuye mu isi.Nkuko Yezu yavuze,ibyabaye mu gihe cya Nowa bizongera bibe ubwo azagaruka ku munsi wa nyuma.Muribuka ko icyo gihe Imana yarimbuye abantu bose bali batuye isi,igasigaza abantu 8 gusa bayumviraga.Icyo ni kimwe mu bintu Imana izakora kugirango isi ibe paradizo,ituwe gusa n’abantu bayumvira.
rwabuneza yanditse ku itariki ya: 17-08-2020 → Musubize
Ark na Covid ihari kuko ndabona n social distance irimo habe nagapfuka munwa
Ariko njyewe hari ikintu ntajya nsobanukirwa rwose nk’ubu aba bari mu Rwanda? iyo inzego z’ubuyobozi zirirwa zitekereza zabuze igisubizo kuri Corona yiyongera buri munsi baba babyumva birababaje pe.Rwanda National Police turayisabye mu kazi katoroshye ifite yongeremo n’aka k’abantu birirwa bifotoza bameze gutya niba bahana uwatashye nyuma ya saa tatu ubu abantu nk’aba bakwiye ibihe bihano koko?Birakabije birababaje
Iyi si yacu irarwaye kabisa.Ni umukunzi we,cyangwa ni umukobwa biryamanira gusa??? Abitwa ko “bari mu rukundo” muli iki gihe,ejo wumva batandukanye.Ibyo se nirwo rukundo Imana idusaba?Igituma iyi si yacu yuzuyemo ibibazo,nuko abantu bakuba na zero amategeko Imana yaduhaye.Nkuko ijambo ryayo rivuga,ntabwo dushobora kugira amahoro igihe cyose dukomeza kwica amategeko yayo.Reba intambara,ubusambanyi,divorces,amanyanga,ruswa,…byuzuye mu isi.Nkuko Yezu yavuze,ibyabaye mu gihe cya Nowa bizongera bibe ubwo azagaruka ku munsi wa nyuma.Muribuka ko icyo gihe Imana yarimbuye abantu bose bali batuye isi,igasigaza abantu 8 gusa bayumviraga.Icyo ni kimwe mu bintu Imana izakora kugirango isi ibe paradizo,ituwe gusa n’abantu bayumvira.